Trump yavuze ko igihe uyu musoro wajyaho ari igihe Amerika yayishyiraho mu gihe ibiganiro by’amahoro byananirana.
Trump yanditse ku rubuga rwe rwa Truth Social ati “Nta misoro izishyurwa mu nzira ya Hormuz mu gihe cy’iminsi 60 y’agahenge, kandi nta n’imisoro izaba iriho nyuma y’icyo gihe, uretse gusa igihe yashyizweho na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu gihe amasezerano atagezweho…”
Ibi bije mu gihe hari ibiganiro hagati ya Amerika na Iran bigamije guhagarika intambara burundu nubwo intambara ya Israel na Liban ishobora kubikoma mu nkokora.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!