Ibi Trump yabitangaje ku wa 17 Kanama 2025, mbere y’uko ahura na mugenzi we wo muri Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, ku wa 18 Kanama 2025.
Trump mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru yavuze ko Ukraine itazajya muri NATO icyakora bazakomeza kuyifasha mu bijyanye n’umutekano ndetse ko nibiba ngombwa ko izoherezwa ingabo za Amerika.
Yagize ati “Tuzabamenyesha, ubu tugiye guhura n’abakuru b’ibihugu birindwi bikomeye. Hazabaho gufashanya cyane, kugeza ubu u Burayi bwo bwagezeyo ariko natwe tuzabufasha.”
Ukraine imaze igihe ishaka kujya muri uyu muryango dore ko biri mu byakuruye intambara hagati yayo n’u Burusiya yatangiye mu 2022, nyuma yakomeje ivuga ko kujya muri uyu muryango biri mu byahosha iyo ntambara.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!