Ku wa 11 Nyakanga 2025, ni bwo umusore w’imyaka 20 yatorotse gereza yitwa Corbas iherereye mu majyepfo y’umujyi wa Lyon.
Ubuyobozi bw’iyi gereza bwatangarije Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa (AFP), ko uyu musore watorotse gereza yari afungiwe ibyaha bitandukanye, ndetse akaba yarifashishije inyungu ya mugenzi we wari usoje igihano.
Ati “Yifashishije mugenzi we wari usoje igihano, yihisha mu gikapu cye arasohoka.”
Nubwo uyu musore yari afunze, amaze iminsi akorwaho iperereza ku byaha birimo gucuruza abantu, ibiyobyabwenge ndetse n’ibindi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!