00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Tariki ya 10 Werurwe

Yanditswe na IGIHE
Kuya 10 March 2026 saa 12:00
Yasuwe :

Turi ku wa 10 Werurwe 2026.
Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1922: Mahatma Gandhi waharaniye ubwigenge bw’u Buhinde yakatiwe gufungwa imyaka itandatu, gusa nyuma y’imyaka ibiri yarafunguwe agiye kubagwa.
1952: Fulgencio Batista yayoboye coup d’état yahiritse ubutegetsi bwa Cuba.
1982: Imibumbe yose uko ari icyenda kuva kuri Mercure kugera kuri Pluto yagaragaye iri ku ruhande rumwe n’Izuba.
2019: Indege ya Ethiopian Airlines yakoze impanuka ihitana abantu 157 bari (…)

Turi ku wa 10 Werurwe 2026.

Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka

1922: Mahatma Gandhi waharaniye ubwigenge bw’u Buhinde yakatiwe gufungwa imyaka itandatu, gusa nyuma y’imyaka ibiri yarafunguwe agiye kubagwa.

1952: Fulgencio Batista yayoboye coup d’état yahiritse ubutegetsi bwa Cuba.

1982: Imibumbe yose uko ari icyenda kuva kuri Mercure kugera kuri Pluto yagaragaye iri ku ruhande rumwe n’Izuba.

2019: Indege ya Ethiopian Airlines yakoze impanuka ihitana abantu 157 bari bayirimo.

Mu muziki

Uyu munsi ni itariki y’amavuko ya Bad Bunny, Umunya-Puerto Rico wubatse izina mu njyana ya rap, mu kwandika indirimbo no gukina filimi aho uyu munsi yujuje imyaka 32 kuko yavutse mu 1992.

Abavutse

1957: Osama Bin Laden, washinze umutwe w’iterabwoba wa Al-Qaeda.

1951: Gloria Diaz wabaye Miss Universe mu 1969.

Abapfuye

1951: Kijūrō Shidehara wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Buyapani.

2013: Princess Lilian, Igikomangoma cya Suède.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages