00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Tariki ya 18 Nyakanga

Yanditswe na IGIHE
Kuya 18 July 2026 saa 05:06
Yasuwe :

Turi ku wa 18 Nyakanga 2026.
Ni umunsi wa 199 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 166 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.
Ni umunsi wahariwe kwizihiza ubuzima bwa Nelson Mandela wari kuba yujuje imyaka 107 iyo aza kuba akiriho.
Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka
1975: U Rwanda n’u Bufaransa byasinye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare.
2024: Keisha Effiom yarahiriye kuyobora Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga (USAID) mu Rwanda. (…)

Turi ku wa 18 Nyakanga 2026.

Ni umunsi wa 199 mu minsi igize umwaka. Hasigaye iminsi 166 ngo uyu mwaka ugere ku musozo.

Ni umunsi wahariwe kwizihiza ubuzima bwa Nelson Mandela wari kuba yujuje imyaka 107 iyo aza kuba akiriho.

Ibi ni bimwe mu byaranze uyu munsi mu mateka

1975: U Rwanda n’u Bufaransa byasinye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare.

2024: Keisha Effiom yarahiriye kuyobora Ikigo cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika gishinzwe iterambere mpuzamahanga (USAID) mu Rwanda.

1925: Adolf Hitler yasohoye igitabo “Mein Kampf” yandikiye muri gereza agaruka ku buzima bwe.
1968: I Californie muri Amerika hashinzwe ikigo cya Intel kizwiho gukora ibikoresho by’ikoranabuhanga.

Mu muziki

2014: Shakira yashyizeho agahigo ko kuba umuhanzi wujuje likes zigera kuri miliyoni 100 ku rubuga rwa Facebook.

Abavutse

1967: Havutse Vin Diesel wamamaye mu gukina filimi by’umwihariko Fast&Furious yabaye ikimenyabose.

1982: Havutse Priyanka Chopra wamamaye mu gukina filimi ku ruhando mpuzamahanga.

Abapfuye

1990: Yun Posun wabaye perezida wa kabiri wa Koreya y’Epfo.

2015: Hapfuye Alex Rocco wari umukinnyi wa filimi.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages