00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Tariki ya 30 Kanama

Yanditswe na

Deus Ntakirutimana

Kuya 30 August 2023 saa 07:00
Yasuwe :

Tariki ya 30 Kanama ni umunsi wa 242 w’umwaka. Uyu mwaka usigaje iminsi 123 ngo ugere ku musozo.
Bimwe mu byaranze uyu mwaka
1870 : Hatangiye intambara ya Beaumont yahuje Abafaransa n’Abadage
1922 : Muri Turikiya harangiye intamabara ya Dumlupinar yahuza ubwoko muri iki gihugu bushaka ubwigenge
1942 : Mu ntambara ya Kabiri y’Isi Luxembourg yigaruriwe n’u Budage
1963 : Hakozwe telefone itukura
1991: Azerbaïdjan, igihugu kiri muri Aziya cyabonye ubwigenge
Bimwe mu (…)

Tariki ya 30 Kanama ni umunsi wa 242 w’umwaka. Uyu mwaka usigaje iminsi 123 ngo ugere ku musozo.

Bimwe mu byaranze uyu mwaka

1870 : Hatangiye intambara ya Beaumont yahuje Abafaransa n’Abadage

1922 : Muri Turikiya harangiye intamabara ya Dumlupinar yahuza ubwoko muri iki gihugu bushaka ubwigenge

1942 : Mu ntambara ya Kabiri y’Isi Luxembourg yigaruriwe n’u Budage

1963 : Hakozwe telefone itukura

1991: Azerbaïdjan, igihugu kiri muri Aziya cyabonye ubwigenge

Bimwe mu bihangange byavutse kuri iyi tariki

1929: François Cheng, umwanditsi w’Umufaransa wakoraga mu nteko y’ururimi n’umuco by’Igifaransa (Académie Francaise)

1935: John Phillips, umuririmbyi w’umunyamerika

1954: Alexandre Loukachenko, Perezida wa Biélorussie.

1972: Pavel Nedved,umukinnyi wa football ukomokamuri Tchèque.

1985: Liza Del Sierra, umukinnyi wa filimi z’urukozasoni

2017: Ni bwo Edouard Ngirente yatangiye inshingano ze nka Minisitiri w’Intebe

Bimwe mu bihangange byatabarutse kuri iyi tariki

1483: Louis XI, umwami w’u Bufaransa

1928: Wilhelm Wien, umuhanga mu bugenge wabihembewe igihembo cya Nobel mu 1911 ukomoka mu Budage

1970: Abraham Zapruder, umukinnyi wa filimi ukomoka muri Amerika wanafashe amashusho y’iyicwa rya Perezida wa Amerika John F. Kennedy

1981: Mohammad Ali Rajai,perezida wa kabiri wa Irani

2006: Naguib Mahfouz, umwanditsi ukomoka muri Misiri wahawe igihembo cyitiriwe Nobel mu buvanganzo mu 1988.

Naguib Mahfouz, umwanditsi ukomoka muri Misiri wahawe igihembo cya Nobel mu buvanganzo mu 1988

[email protected]


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages