00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Angola: Abantu 10 basize ubuzima mu gusoza umwaka wa 2012

Yanditswe na

James Habimana

Kuya 2 January 2013 saa 08:55
Yasuwe :

Inzego z’umutekano mu gihugu cya Angola, ziratangaza ko abantu bagera ku 10 basize ubuzima mu mubyigano wo kuri Stade aho bajyaja gosoza umwaka wa 2012, naho 120 barakomereka bikabije.
Aba bapfuye, baguye mu mubyigano ku muryango wa Stade yitwa Citadela Desportiva iherereye mu Murwa Mukuru Luanda, aho ngo bari bagiye mu gitaramo cyateguwe n’itorero rya Pentecostal.
BBC dukesha iyi nkuru, iravuga ko iki gitaramo bigaragagara ko cyari kitabiriwe n’abantu benshi, dore ko ngo abarenga (…)

Inzego z’umutekano mu gihugu cya Angola, ziratangaza ko abantu bagera ku 10 basize ubuzima mu mubyigano wo kuri Stade aho bajyaja gosoza umwaka wa 2012, naho 120 barakomereka bikabije.

Aba bapfuye, baguye mu mubyigano ku muryango wa Stade yitwa Citadela Desportiva iherereye mu Murwa Mukuru Luanda, aho ngo bari bagiye mu gitaramo cyateguwe n’itorero rya Pentecostal.

BBC dukesha iyi nkuru, iravuga ko iki gitaramo bigaragagara ko cyari kitabiriwe n’abantu benshi, dore ko ngo abarenga ibihumbi 70, bari bakitabiriye.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages