Minisitiri w’Ubuzima, Zweli Mkhize, yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu habonetse abanduye bashya bagera ku 21 832.
Muri iki gihugu habaye ubwiyongere bw’abandura ndetse n’abahitanwa na COVID-19 aho mu mwaka washize muri Nyakanga abantu bapfaga ku munsi umwe bari 572, mu gihe abanduraga bari ibihumbi 18 ku munsi.
Kugeza ubu, kuva icyorezo cya Coronavirus cyagera muri Afurika y’Epfo hamaze kwandura miliyoni 1.15, muri bo hakaba harakize abagera ku bihumbi 929.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!