Tchad mu itangazo yashyize hanze ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu, yatangaje ko uwo mudipolomate yazize imyitwarire mibi no kutubahiriza amategeko agenga abahagarariye ibihugu byabo mu mahanga.
RFI yatangaje ko Jan Christian Gordon Kricke ashobora kuba yazize uburyo yanengaga cyane ubutegetsi bw’inzibacyuho buyoboye Tchad. Muri iki cyumweru ikinyamakuru Le Pays gikomeye muri Tchad cyari cyanditse inkuru kigaragaza ko akwiriye kwirukanwa.
Inzobere zivuga ko Tchad ishobora kwisanga mu mazi abira dore ko yari imaze igihe mu biganiro n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi kugira ngo uyifashe gutegura amatora ya kamarampaka mu mpera z’uyu mwaka, nyamara u Budage ni kimwe mu bihugu by’inkingi zikomeye z’uwo muryango.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!