The Citizen yanditse ko Susan Mtuwa n’abana be babiri Nathan w’imyaka itandatu na Natalia ufite imyaka itanu, n’abandi babiri bo mu muryango yashatsemo ari bo Chris w’imyaka 11 na Michelle ufite imyaka umunani y’amavuko baguye mu mubyigano wo gusezera kuri Magufuli bari bushyingurirwe rimwe na we.
Uyu muvundo wabaye kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize, abwo abantu ibihumbi n’ibihumbi bari bateraniye kuri Stade Nkuru mu Mujyi wa Dar es Salaam.
Kuri uyu wa Kane nibwo Magufuli ari bushyingurwe mu gace ka Chato aho avuka.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!