Diendéré, wayoboye kudeta yo muri Nzeri uku kwezi, yahungiye muri Ambasade ya Vatican, nyuma y’aho igisirikare cyo muri Burkina Faso gitangije imirwano yo kwambura intwaro abari bamushyigikiye.
Ubwe yasabye abamushyigikiye gushyira intwaro hasi, ibibazo biri mu gihugu cyabo bigakemuka binyuze mu biganiro.
RFI yanditse ko Gen.Diendéré yahunze ashaka kurengera umutekano w’umuryango we, akaba ubwo yishyiraga mu maboko y’abajandarume, bahise bamushyira muri kasho.



















TANGA IGITEKEREZO