Mu kiganiro n’itangazamakuru, yavuze ko kugeza ubu u Burusiya bufasha ingabo z’igihugu cye mu myitozo ndetse no mu bikoresho bya gisirikare bikenewe.
Yavuze ko aho ibihugu nk’u Burusiya n’u Bushinwa bitandukaniye n’ibindi, ari uko bitakubuza kugura ahandi intwaro mu gihe mukorana, bitandukanye n’ahandi mu bihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi.
Bije nyuma y’icyumweru hatangajwe ko hari abasirikare ijana b’abarusiya binjiye muri Burkina Faso bagiye gutoza ingabo z’icyo gihugu.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!