Umuvugizi w’umuryango w’abibumbye Stephanie Dujarric yavuze ko kuri uyu wa kabiri uwo musirikare basanze yapfiriye mu birometero 400 werekeza mu majyaruguru ya Bangui, ahaherutse kumvikana imirwano no kurasana
U Rwanda ni kimwe mu bihugu biri mu butumwa bw’amahoro bwa LONI mu gihugu cya Centrafrique, gusa ntibiratangazwa ubwenegihugu bw’uwo musirikare.



















TANGA IGITEKEREZO