Ku Cyumweru nibwo konti iri ku rubuga nkoranyambaga rwa X yiyitiriye EAC, yashyizweho ifoto y’inote bagaragaza ko ari ifaranga ryemejwe rigomba guhurirwaho n’ibihugu bigize uyu muryango.
Iyi note yakiranywe urugwiro kuko abantu benshi batangiye kuyishyira ku mbuga nkoranyambaga, bagaragaza ko bishimiye ko EAC igiye kugira ifaranga ihuriyeho.
EAC ifite gahunda yo gushyiraho ifaranga rimwe yatangaje ko inote yashyizwe hanze atari iyayo, iyo iteganya gushyira hanze ikiri mu mishinga.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!