Muri Mata uyu mwaka nibwo Tigau yavuze ayo magambo mu nama yahurije hamwe Abadipolomate bo mu Burayi bw’Iburasirazuba bari muri Kenya.
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Romania yatangaje ko yabimenye mu Cyumweru gishize ari nayo mpamvu yahise ahamagazwa ngo asobanurire iyo myitwarire abamukuriye.
Tigau ngo muri iyo nama yabonye inkende yari iri hafi aho, abwira bagenzi be ko na ‘Bagenzi bacu b’abanyafurika ndabona baje kwifatanya natwe”.
Bamwe mu badopolomate bagenzi be batangajwe n’ayo magambo icyakora nta banyafurika bari bahari.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!