Guhera muri Gicurasi, buri muryango urebwa n’iyi gahunda uzajya wohererezwa ibihumbi 35 Mwk kuri telefoni. Ni gahunda yashyizweho nyuma y’aho Guverinoma y’iki gihugu yongereye igihe cyo kuguma mu rugo ho ibyumweru bitatu.
Abantu barebwa n’iyi gahunda ntabwo bageze kuri miliyoni imwe muri miliyoni zirenga 18 zituye iki gihugu. Ntabwo higeze hatangazwa igihe iyi gahunda izamara.
Malawi imaze kugira abantu 36 banduye Coronavirus, naho abamaze gupfa bakaba ari batatu.



















TANGA IGITEKEREZO