00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Minisitiri Mushikiwabo yagiriye uruzinduko muri Angola

Yanditswe na

Deus ntakirutimana

Kuya 18 June 2013 saa 05:06
Yasuwe :

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo yasuye igihugu cya Angola, mu rwego rwo gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi.
Nkuko Portalangop yabitangaje, Mushikiwabo yageze i Luanda mu Murwa Mukuru wa Angola ku wa Mbere tariki ya 17 Kamena 2013.
Uru rugendo rugamije gukomeza gutsura umubano w’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi ruzamara amasaha 24.
Muri gahunda y’urugendo rwe, Mushikiwabo azabonana na mugenzi we wa Angola Georges Chikoti ku wa Kabiri tariki (…)

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo yasuye igihugu cya Angola, mu rwego rwo gutsura umubano hagati y’ibihugu byombi.

Nkuko Portalangop yabitangaje, Mushikiwabo yageze i Luanda mu Murwa Mukuru wa Angola ku wa Mbere tariki ya 17 Kamena 2013.

Uru rugendo rugamije gukomeza gutsura umubano w’ubufatanye hagati y’ibihugu byombi ruzamara amasaha 24.

Muri gahunda y’urugendo rwe, Mushikiwabo azabonana na mugenzi we wa Angola Georges Chikoti ku wa Kabiri tariki ya 18 kamena 2013.

Minisitiri Louise Mushikiwabo ubwo yari mu mubonano na mugenzi we wa Angola Georges Chikoti mu mujyi wa Luanda

Ifoto: Portalangop


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages