Byari byitezwe ko urwo ruganda rwo muri Kenya rutangira imirimo mu 2023 ariko Moderna yatangaje ko guhera mu 2022 nta bihugu cyangwa ibigo byigeze biyisaba kubigezaho inkingo biturutse muri Afurika.
Moderna ivuga ko ubusabe bw’abashaka inkingo za Covid-19 bwagabanyutse cyane, bituma igabanya ingufu yashyiraga mu kuzikora.
Uru ruganda rwashyize imbaraga mu bushakashatsi buganisha ku zindi nkingo nk’urwa virusi itera SIDA, malaria na kanseri.
Moderna yatangaje ko itagikoeje gahunda y'uruganda muri Kenya



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!