00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Moderna yahagaritse ibyo kubaka uruganda rw’nkingo muri Kenya

Yanditswe na Bukuru JC
Kuya 12 April 2024 saa 07:58
Yasuwe :

Sosiyete ikora inkingo za Coronavirus, Moderna yahagaritse gahunda yari ifite zo kubaka uruganda rw’inkingo muri Kenya.

Byari byitezwe ko urwo ruganda rwo muri Kenya rutangira imirimo mu 2023 ariko Moderna yatangaje ko guhera mu 2022 nta bihugu cyangwa ibigo byigeze biyisaba kubigezaho inkingo biturutse muri Afurika.

Moderna ivuga ko ubusabe bw’abashaka inkingo za Covid-19 bwagabanyutse cyane, bituma igabanya ingufu yashyiraga mu kuzikora.

Uru ruganda rwashyize imbaraga mu bushakashatsi buganisha ku zindi nkingo nk’urwa virusi itera SIDA, malaria na kanseri.

Moderna yatangaje ko itagikoeje gahunda y'uruganda muri Kenya

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages