Hejuru ya 80 % by’umuriro ukoreshwa muri Nigeria uturuka kuri gaz karemano. Ibiciro by’iyo gaz bimaze iminsi biri hejuru kubera intambara iri hagati y’u Burusiya na Ukraine.
RFI yatangaje ko nibura inganda 12 z’amashanyarazi zitari gukora cyangwa zigakora nabi kubera kutabona gaz ihagije.
Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari yashyize hanze itangazo asaba imbabazi abaturage, abemerera gukemura icyo kibazo mu gihe cya vuba.
Kugeza ubu 40 % by’abaturage nta muriro uri kubageraho mu gihe n’ahandi uboneka gake cyangwa ukagenda ucika.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!