Bongo yahiritswe ku butegetsi kuwa Gatatu w’iki cyumweru nyuma y’iminota mike Komisiyo y’amatora itangaje ko ari we watsindiye manda ya gatatu.
Umuvugizi w’agatsiko ka gisirikare kahiritse ubutegetsi, Colonel Ulrich Manfoumbi Manfoumbi yatangaje ko Gen Nguema azarahira kuri uyu wa Mbere.
Umuhango uzabera mu nyubako isanzwe ikoreramo Perezida w’icyo gihugu mu murwa mukuru, Libreville.
Ntabwo haratangazwa igihe inzibacyuho Nguema agiye kurahirira kuyobora izamara.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!