Ni icyemezo Col. Michael Randrianirina yafashe ku wa Mbere tariki 9 Werurwe 2026. Ntihigeze hatangazwa impamvu yacyo.
Mu itangazo yashyize hanze, Harry Laurent Rahajason, ushinzwe itumanaho mu biro bya Perezida, yavuze ko bagiye gushyiraho Minisitiri w’Intebe mushya.
Ati “Perezida bidatinze arashyiraho Minisitiri w’Intebe mushya, akurikije ibiteganywa n’itegeko nshinga.”
Randrianirina yafashe ubutegetsi mu Ukwakira 2025, nyuma y’imyigaragambyo yakuye ku butegetsi Perezida Andry Rajoelina wayoboye Madagascar.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!