Minisitiri w’Ubuzima n’imibereho myiza mu Ntara, Dominique Weloli, yabwiye Ibiro ntaramakuru by’Abafaransa(AFP) ko abapfuye ari abo mu duce twa Ngaliema, Limete, Bandalungwa na Selembao, dufite ubutaka bworoshye.
Yongeyeho ati “Ntabwo ari imyuzure gusa yahibasiye, n’imisozi yatengutse ndetse inzu nyinshi zirasenyuka.”
Yakomeje avuga ko mu bapfuye barimo n’abana batatu bavuka muri Komine ya Bandalungwa, abandi 13 bo mu ya Ngaliema, icyenda bo mu ya Selembao.



















TANGA IGITEKEREZO