Ibiro by’Umunyamabanga Mukuru muri iyi Minisiteri byasobanuye ko iki cyemezo cyafashwe mu rwego rwo kubahiriza gahunda y’igihugu yo kudaheza mu burezi no guha abantu bose amahirwe yo kwiga.
Ku wa 14 Nyakanga 2025, abashinzwe uburezi ku rwego rw’intara basabwe kubahiriza iki cyemezo, banakagenzura niba abakobwa batwite bari kwemererwa kwiga.
Byagaragaye ko hari abakobwa benshi bari barataye ishuro birewe no kuba baratwise bakiri bato. Kubabuza amahirwe yo kwiga byangizaga ahazaza habo, ndetse bigaha intebe ubusumbane mu burezi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!