Byabaye mbere y’iminsi mike ngo icyo gihugu cyakire imikino ihuza ibihugu bigize umuryango wa Francophonie, mu gihe mu mujyi wa Kinshasa no mu bindi bice by’igihugu havugwa umutekano muke.
Kwiyerekana kw’izo ngabo bigamije kwizeza abaturage ko umutekano muri Kinshasa ucunzwe neza, dore ko arizo zizaba ziwushinzwe mu mikino ya Francophonie.
Ntabwo kwiyerekana kw’izo ngabo kwavuzweho rumwe, kuko hari ababifata nko kwiyemera mu gihe mu Burasirazuba bwa Congo hakiri igice kiri mu maboko y’umutwe wa M23 ingabo za Leta zarananiwe kubatsinsura.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!