Reuters yanditse ko iyi mibare ari iyo ku wa 11 Kanama 2026.
Iki cyorezo giterwa na vurusi yo mu bwoko bwa Bundibugyo itarabonerwa urukingo, nubwo OMS yatangaje ko hari ururi kugeragezwa.
Ebola izwi nka Bundibugyo yatangajwe muri RDC tariki ya 15 Gicurasi 2026. Ubu imaze kugaragara mu Ntara ya Ituri, Kivu y’Amajyaruguru, Kivu y’Amajyepfo, Tshopo na Haut-Uélé, ndetse hari impungenge ko ishobora kuba yarageze mu bindi bice kubera ko yatahuwe itinze.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!