Uyu munyamakuru wanakoreraga ikinyamakuru Actualité.cd yafashwe tariki 8 Nzeri ubwo yari ku kibuga cy’indege agiye mu mujyi wa Lubumbashi.
Inzego z’umutekano zahise zifatira telefone ye ndetse n’ibindi bikoresho by’ikoranabuhanga.
Inkuru ashinjwa ni izijyanye na Chérubin Okende wahoze ari Minisitiri, wishwe muri Nyakanga mu buryo budasobanutse.
Kuba urukiko rwanze ko Bujakera arekurwe, bivuze ko azakomeza gufungwa kugeza urubanza rutangiye mu mizi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!