Gachagua umaze igihe atumvikana na Perezida William Ruto, ashinjwa amacakubiri, gusuzugura, kwigizwaho imitungo n’ibindi.
Nubwo abadepite batoye beguza Gachagua kuri uyu wa Kabiri, bisaba ko na Sena ibyemeza bikabona gushyirwa mu bikorwa.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu iraza gusuzuma ishingiro ry’uko kweguzwa, nibiba ngombwa ishyireho Komite idasanzwe ishinzwe kubikurikirana.
Mu gihe bibiri bya gatatu by’abagize Sena batora bemeza ko Gachagua yeguzwa, bizahita bishyirwa mu bikorwa.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!