Iri tegeko niryemezwa burundu rizasimbura iryari risanzweho ryagenaga igifung cya burundu ku bantu bafatiwe mu bikorwa byo gucuruza cyangwa gutwara ibiyobyabwenge.
Abasenateri bashyigikiye iri tegeko, bavuga ko rizatanga ubutumwa bukomeye ku bacuruzi b’ibiyobyabwenge bari basuzuguraga itegeko rya mbere.
Abatarishyigikiye bo bagaragaje ko igihano cy’urupfu nta cyo gifasha umuntu mu guhinduka, no kuba hari abashobora kuzabirenganiramo.
Hasigaye ko Perezida wa Nigeria asinya iryo tegeko kugira ngo ritangire gukurikizwa.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!