Ni umwanzuro uzatangira gushyirwa mu bikorwa muri uku kwezi kwa gatatu nkuko The Citizen yabitangaje.
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko kugira ngo ikigo cyemererwe gucumbikira abana ku ishuri, kizajya kibanza kubisabira uruhushya hagasuzumwa impamvu zikomeye zituma abana bacumbikirwa.
Hagaragajwe ko gucumbikira abana bato ku mashuri bibagiraho ingaruka mu mikurire, bikazabangamira imitwarire yabo bamaze gukura.
Uyu mwanzuro wafashwe mu rwego rwo gufasha abana kumarana umwanya munini n’imiryango yabo



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!