00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

U Rwanda ruzohereza abaganga 14 guhangana na Ebola muri Afurika y’Uburengerazuba

Yanditswe na

Herve Ugirumukunda

Kuya 17 October 2014 saa 04:10
Yasuwe :

Ibihugu bitanu byo mu muryango wa Afurika y’Uburasirazuba, EAC, byafashe umwanzuro wo kohereza abaganga 41 n’abandi bakozi 578 mu bikorwa byo kurwanya Ebola muri Afurika y’Iburengerazuba.
Ikinyamakuru The Star kivuga ko mu nama yahuje ba Minisitiri b’Ubuzima bo muri EAC ku cyicaro cyayo kiri Arusha muri Tanzania, u Rwanda rwemeye kohereza abaganga 7 n’abakora mu bikorwa by’ubuvuzi 7 mu bihugu byibasiwe cyane na Ebola muri Afurika y’Iburengerazuba.
Kenya izohereza abaganga 15 n’abakozi (…)

Ibihugu bitanu byo mu muryango wa Afurika y’Uburasirazuba, EAC, byafashe umwanzuro wo kohereza abaganga 41 n’abandi bakozi 578 mu bikorwa byo kurwanya Ebola muri Afurika y’Iburengerazuba.

Ikinyamakuru The Star kivuga ko mu nama yahuje ba Minisitiri b’Ubuzima bo muri EAC ku cyicaro cyayo kiri Arusha muri Tanzania, u Rwanda rwemeye kohereza abaganga 7 n’abakora mu bikorwa by’ubuvuzi 7 mu bihugu byibasiwe cyane na Ebola muri Afurika y’Iburengerazuba.

Kenya izohereza abaganga 15 n’abakozi 300, Uganda yohereze abaganga 14 n’abakozi 21, Tanzania, abaganga 5 naho u Burundi bwatanze abakozi 250 mu gihe bukiga ku mubare w’abaganga ruzohereza.

EAC iracyatekereza ku buryo izagasaranganya abo baganga mu bihugu bitandukanye byashegeshwe na Ebola.

[email protected]


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages