Ibi ubuyobozi bwa Polisi bwabitangaje binyuze mu itangazo bwashyize ku rubuga nkoranyambaga rwa X kuri uyu wa 2 Mata 2026.
Yagize iti “Umuntu ukekwaho kwica aba bana yafashwe kandi impamvu yabimuteye ikomeje gukorwaho iperereza.”
Abana bapfuye bigaga mu ishuri riherereye mu gace ka Makindye.
Amwe mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga muri iki gihugu yerekanaga abantu benshi bababaye kubera ibyabaye harimo n’ababyeyi b’abo bana barimo kurira.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!