Ni mu butumwa yanyujije ku rukuta rwe rwa X, asubiza ibaruwa yari yandikiwe na Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Musevni amubaza koko niba inzu imaze iminsi bivugwa ko afite mu Bwongereza ayifite.
Anita Among avuga ko Guverinoma y’u Bwongereza yamushinja kuhagia inzu, ikwiye kugaragaza ibimenyetso by’ibyo imushinja ko ahafite imitungo.
Avuga ko ikwiye kugaragaza iyo mitungo by’umwihariko inzu bivugwa ko afite mu Murwa Mukuru i Londres kuko iyo yitirirwa itanditse mu mazina ye.
Yavuze ko u Bwongereza buri kumwibasira kuko ari umwe mu bashyigikiye itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!