Uyu mugabo wari urwaye indwara ya Kanseri kuva mu mwaka wa 2013, yabasiwe n’urukiko ko yafashwa agapfa kubera uburwayi bwe.
Umucamanza Hans Fabricius yavuze ko abaganga bakoze icyo gikorwa batazigera bakurikiranwa cyangwa ngo hagire ibindi bihano bahabwa bijyanye n’akazi kabo ka buri munsi.
Robin Stransham-Ford w’imyaka 65 yahuhuye kuwa kane tariki 30 Mata 2015 hari abagize umuryango we na bamwe mu bana be.
Abaganga bemeje ko yari arwaye indwara ya kanseri y’amabya.



















TANGA IGITEKEREZO