Esther Lungu na bagenzi be bane bafashwe mu iperereza ku birego bari gukurikiranwaho n’ubutabera, by’ubujura bw’imodoka n’icyangombwa cy’umutungo byose byabereye mu Murwa Mukuru Lusaka.
Bari batawe muri yombi ku wa Gatatu ariko baje kurekurwa mu masaha y’umugoroba.
Aba baregwa baburana bahakana ibyaha nk’uko Africa News yabitangaje.
Esther Lungu yarekuwe



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!