00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Nelson Mandela ameze neza aho ari mu bitaro

Yanditswe na

IGIHE

Kuya 10 December 2012 saa 04:35
Yasuwe :

Umukuru w’igihugu cya Afurika y’epfo Jacob Zuma, aratangaza ko yasuye umukambwe Nelson Mandela mu bitaro akavuga ko ameze neza.
Umuvugizi wa Perezida Zuma, Mac Maharaj, yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko umukuru w’igihugu yijejwe ko Mandela ari kuvurwa n’abaganga b’inzobere mu bitaro by’i Pretoria.
Mandela yagiye mu bitaro ku wa gatandatu ushize tariki ya munani Ukuboza 2012, ngo asuzumwe kuko atari ameze neza.
Ibinyamakuru byo muri Afurika y’epfo bivuga ko icyemezo cyo kumujyana kwa (…)

Umukuru w’igihugu cya Afurika y’epfo Jacob Zuma, aratangaza ko yasuye umukambwe Nelson Mandela mu bitaro akavuga ko ameze neza.

Umuvugizi wa Perezida Zuma, Mac Maharaj, yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko umukuru w’igihugu yijejwe ko Mandela ari kuvurwa n’abaganga b’inzobere mu bitaro by’i Pretoria.

Mandela yagiye mu bitaro ku wa gatandatu ushize tariki ya munani Ukuboza 2012, ngo asuzumwe kuko atari ameze neza.

Ibinyamakuru byo muri Afurika y’epfo bivuga ko icyemezo cyo kumujyana kwa muganga cyafashwe vuba cyane, ku buryo hari n’abo mu muryango we batabimenye.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages