00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

RDC: Hari amadini abuza abayoboke bayo gukingiza abana

Yanditswe na

Noël Turikumwe

Kuya 27 October 2012 saa 07:55
Yasuwe :

Muri gahunda yo gukingira abana bato batarengeje imyaka itanu yatangiye tariki ya 25 indwara y’imbasa mu gace ka Mahagi ko mu Ntara y’Iburasirazuba, abagenzuzi b’iryo kingira bagaragaza ko bafite ikibazo cy’amadini abiri Gakondo abuza abayoboke bayo gukingiza abana.
Umwe mu bakuru b’ayo madini yavuze ko amazi ahagije mu gukiza indwara y’Imbasa.
Umuyobozi wa Mahagi yamaganira kure iyo myumvire, akanasaba abayobozi b’ayo madini kureka abayoboke babo bagakingiza abana.
Dr. Audry (…)

Muri gahunda yo gukingira abana bato batarengeje imyaka itanu yatangiye tariki ya 25 indwara y’imbasa mu gace ka Mahagi ko mu Ntara y’Iburasirazuba, abagenzuzi b’iryo kingira bagaragaza ko bafite ikibazo cy’amadini abiri Gakondo abuza abayoboke bayo gukingiza abana.

Umwe mu bakuru b’ayo madini yavuze ko amazi ahagije mu gukiza indwara y’Imbasa.

Umuyobozi wa Mahagi yamaganira kure iyo myumvire, akanasaba abayobozi b’ayo madini kureka abayoboke babo bagakingiza abana.

Dr. Audry Mulumba ushinzwe ibikorwa by’ikingira, avuga ko iyi gahunda y’ikingira igamije kurandura iyo ndwara mu duce tumwe na tumwe igaragaramo.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages