00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

RDC: Umukuru w’ingabo zirwanira ku butaka yahagaritswe ku mirimo

Yanditswe na

Emile Nsabimana

Kuya 23 November 2012 saa 09:15
Yasuwe :

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Joseph Kabila, kuri uyu wa kane yahagaritse ku mirimo Gen Major Gabriel Amisi Kumba, wari ukuriye ingabo zirwanira ku butaka.
Perezida Kabila abinyujije ku muvugizi wa Leta akaba na Minisitiri w’itangazamakuru Lambert Mende, wabitangaje kuri televiziyo y’igihugu bigaragara ko ari icyemezo gikomeye.
Radio Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko ivuga ko Minisitiri Mende agendeye kuri raporo y’impuguke ya Loni yavuze ko abayobozi bakuru mu (…)

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo Joseph Kabila, kuri uyu wa kane yahagaritse ku mirimo Gen Major Gabriel Amisi Kumba, wari ukuriye ingabo zirwanira ku butaka.

Perezida Kabila abinyujije ku muvugizi wa Leta akaba na Minisitiri w’itangazamakuru Lambert Mende, wabitangaje kuri televiziyo y’igihugu bigaragara ko ari icyemezo gikomeye.

Radio Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko ivuga ko Minisitiri Mende agendeye kuri raporo y’impuguke ya Loni yavuze ko abayobozi bakuru mu ngabo za Congo bakomeza guhesha isura mbi igihugu ari na ko bigwizaho umutungo ukomoka ku mutungo kamere wa Congo.

By’umwihariko Gen Amisi Kumba ashinjwa ubucuruzi bw’intwaro ku mitwe yitwaje intwaro no ku bashimusi nk’uko Mende yabivuze.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages