Minisiteri ishinzwe gukumira Ibiza no gucyura impunzi (MIDIMAR), iratangaza ko mu mezi abiri ashize abantu 12 bapfuye abasaga 37 kubera ikibazo cy’imvura yagwaga ari nyinshi.
MIDIMAR ivuga ko hari ubushakashatsi buri gukorwa na Minisiteri y’Uburezi ku kibazo cy’inkuba mu Rwanda n’uko cyakemuka.
Inama ya Komite Nshingwabikorwa y’Igihugu y’Imicungire y’Ibiza yabaye mu mpera z’ icyumweru gishize yemeje ko ubwo bushakashatsi bwihutishwa.
Kuri ubu MIDIMAR ivuga ko ikangurira abaturage kwirinda inkuba bakoresha ’Paratonnerre’, mu gihe umuti urambye ugishakishwa.
























TANGA IGITEKEREZO