Aba bana biyongereye ku bana 438 biswe amazina kuva mu 2005 umuhango wo Kwita Izina watangira mu Rwanda.
Mu 2025 ubukerarugendo bwinjirije u Rwanda arenga miliyoni 685$ avuye kuri miliyoni 647 yinjiye mu 2024. Ni amafaranga yavuye muri ba mukerarugendo barenga miliyoni 1,49 basuye u Rwanda muri uwo mwaka.
Aya mafaranga kandi yaturutse mu bikorwa by’ubukerarugendo bitandukanye byakorewe muri pariki zitandukanye z’igihugu kuko muri uwo mwaka Pariki z’igihugu zose hamwe zasuwe n’abakerarugendo 155.394.
Ni mu gihe mu bikorwa nko kwakira inama mpuzamahanga kuko mu 2025 u Rwanda rwakiriye inama mpuzamahanga 165, zitabiriwe n’abarenga ibihumbi 61, byinjiriza u Rwanda miliyoni 94,7$.
Inkuru irambuye ni mu kanya



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!