Abagera kuri 2.098.625 bamaze guhabwa dose ebyiri z’urukingo rwa Covid-19.
Mu bipimo 7,373 byafashwe ku itariki ya 3 Ugushyingo, 55 basanganwa iki cyorezo, bituma umubare w’abamaze kucyandura mu minsi irindwi ishize ugera kuri 306.
Nta muntu witabye Imana, bituma umubare w’abamaze gihitanwa n’iki cyorezo uguma kuri 1,332.
Abarenga miliyoni eye bamaze gukingirwa mu Rwanda



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!