Ibi bizamini bizatangira ku wa 7 Nyakanga, birangire ku wa 9 Nyakanga 2026.
Bizatangizwa ku mugaragaro na Minisitiri w’Uburezi, Joseph Nsengimana, Umunyamabaga wa Leta muri iyi Minisiteri, Claudette Irere, Umuyobozi Mukuru wa NESA, Dr Bernard Bahati, ndetse n’abandi bayobozi bakuru muri MINEDUC n’ibigo biyishamikiyeho.
MINEDUC ivuga ko iki gikorwa ari ingenzi mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ireme ry’uburezi no gupima ubumenyi abanyeshuri bafite nyuma yo kurangiza amashuri abanza.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!