Perezida Kagame yakiriye Minisitiri Al Hashimi n’intumwa ayoboye mu ruzinduko rw’umunsi umwe bagiriraga mu Rwanda mu rwego rwo kurushaho kubaka ubufatanye bw’ibihugu byombi bukomeye.
Izi ntumwa ziturutse muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu zigiriye uru ruzinduko mu Rwanda nyuma y’urwo Perezida Kagame yagiriye muri icyo gihugu, ubwo yitabiraga inama ya kabiri yagutse ku bukungu (2nd Africa Global Business Forum), yahabereye ku itariki ya 1 n’iya 2 Ukwakira 2014.
Amafoto: Village Urugwiro



















TANGA IGITEKEREZO