Bimwe mu biranga ba Brenda
Brenda usanga arangwa no kwigira bamenya ( ku garagaza ko azi ibintu hafi ya byose (all known), aba yumva yashobora ibyananiranye.
Ni umuntu ukunda umuryango we, wifuza kugaragarizwa urukundo aho ageze hose niyo baba batamuzi aba yumva bamwitaho.
Mu byo akora byose aba ashaka kugaragaza itandukaniro niyo kaba ari agakoryo aragakora.
Kuvuga ko akunda biramuvuna , biri mu bintu bitwara igihe kinini ngo akwemerere ko agukunda ariko iyo abikoze biba ari twibanire.
Muri we yifitemo urukundo udashobora gusobanura (unexplainable) arakunda no mu bihe bikomeye akakunambaho.
Brenda ni umuntu kandi urangwa n’akavuyo aho arihose aba asahinda kandi akora dusekeje (tw’ububwa).
Ni umuntu ubona ibintu mu buryo bwiza nta byacitse kuri we
Ni umunyakuri , ijambo akubwiye ujye uryizera kuko si wa muntu ukunda kubeshya.
Ni umuhanga udashobora kugambirira igikorwa cyakomeretsa undi niyo abonye uwakomeretse agerageza kumwitaho (caring).
Kuryoshya ki kimwe mu bigize ubuzima bwe, akunda umuziki utuje n’urumuri rwa buji rw’amabara atandukanye .Ni umuntu uba yumva yabaho yisanzuye ndetse naho akorera hakaba ari hanini kuko aba yajugunyanze ibintu.
Iyo umushimiye kubera igikorwa yakoze, bimutera umwete akumva yakora n’ibindi utamubwiye.
Ni umuntu ugaragaza amarangamutima ye cyane, kandi iyo afashe icyemezo ubwo nyine aba yagifashe.
Nubwo agira ubumuntu, Brenda yifitemo kwihinduranya akakumerera nabi igihe hari ibyo mutari kumvikanaho.
Ni umuntu wumva igihe cyose aba ari mukuri , ibyo bigatuma abasha kugira igitugu.
Iyo akiri umwana aba arangwa no guhora aseka kuko abayumva ko abantu bose bamufitiye ubwuzu n’urukundo.
Mu buzima bwe Brenda akunda inyamaswa zaba inini cyangwa udutoya akunda kuzitegereza no kuzikoraho.



















TANGA IGITEKEREZO