Ibi birasaba guhindura ingingo ya 20 yashyizeho inzego z’inzibacyuho, ivuga ko “inzibacyuho idashobora kurenga amezi 12”
Bivuze ko niba perezida Kafando yaratangiye kuyobora inzibacyuho tariki ya 21 Ugushingo 2014, atagomba kurenza tariki ya 21 Ugushyingo 2015. Dore ko hazaba hasigaye iminsi umunani gusa ngo habe amatora y’umukuru w’igihugu.
Mu rwego rwo kuziba icyuho cy’amategeko, guverinoma yateguye umushinga wo kongera inzibacyuho, maze inteko ishinga amategeko irawemeza.
Ubu ingingo ya 20 iravuga ko inzego ziyoboye inzibacyuho ziznakomeza iminsi irindwi nyuma y’amatora ya perezida wa Burkina Faso



















TANGA IGITEKEREZO