Tumutoneshe yagaragaye cyane mu bikorwa byo guteza imbere umupira w’amaguru w’abana, cyane cyane mu ishuri rya ‘Dream Team Football Academy.’
Mu ibaruwa yashyikirijwe, yamenyeshejwe ko azaba ari umwe mu bagize Komite Ishinzwe gutegura ibikorwa by’Umupira w’Amaguru w’Abagore mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) aho azagira uruhare mu kuzamura urwego rw’uwo mukino ku Mugabane wa Afurika, nk’uko biri mu ntego za Perezida waryo, Dr. Patrice Motsepe.
Uyu mugore afite impamyabumenyi mu bijyanye n’imicungire ya siporo (Sport Management) ndetse akaba akomeje amasomo kuko ari kwiga mu Busuwisi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!