Ubwo ryasozwaga kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 6 Nzeri 2017, Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, Vincent Munyeshyaka, yavuze ko ryaje igihe cyiza kuko ryasanze Abanyarwanda bamaze guhitamo umuyobozi uzabafasha kubaka u Rwanda bifuza.
Munyeshyaka yakomeje avuga ko iri murikagurisha ryagaragaje umwihariko wo kwitabirwa cyane ndetse no kumurika udushya haba mu bukorikori no mu ikoranabuhanga.



















TANGA IGITEKEREZO