Mu gitondo cyo ku wa 28 Mata 2018, nibwo mu murima uherereye mu Murenge wa Kinyinya, habonetse umurambo w’umukobwa wambaye ubusa ariko hakaba hakekwa ko ari umusore bararanye.
Umuvugizi wa RIB, Mbabazi Modeste, yabwiye IGIHE ati “Amakuru y’ibanze twamenye ni uko uriya mukobwa bikekwa kuba yishwe, ntabwo ari umurambo watoraguwe gusa kandi n’uwamwishe arahari baramukeka ntabwo arafatwa. Amakuru ahari ni uko bari bararanye. Amakuru aravuga ko ari ba bandi bakora umwuga w’uburanya, yari yamuraranye ariko biracyakurikiranwa.”



















TANGA IGITEKEREZO