Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, SP Modeste Mbabazi, yatangarije IGIHE ko ayo makuru ari yo, ati “Ni byo ayo makuru ni yo, cyaturikiye hafi y’i Kami. Cyakomerekeje 5 undi arapfa, ni igisasu batoraguye baragikinisha.”
Abakomeretse bahise bajyanwa ku bitaro bya Kibagabaga.



















TANGA IGITEKEREZO