Byabaye kuri uyu wa 24 Gicurasi 2024 mu mudugudu wa Kirara akagari ka Gasambya ho mu murenge wa Ruvune.
Amakuru yatanzwe n’abatuye mu mudugudu wa Kirara, avuga ko nyakwigwendera kuwa Kane hari umuturage bari bagiranye amakimbirane.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Ruvune, Beningoma Oscar yagize ati “Nibyo, yishwe, hacyekwa ko yishwe azize imyitwarire mibi irimo urugomo n’ubujura”.
Ubuyobozi bw’umurenge wa Ruvune bwemeje ko iperereza ku bamwishe ryatangiye gukorwa mu gihe umurambo we wajyanywe ku bitaro bya Byumba gukorerwa isuzuma.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!