Ni umushinga wari umaze igihe kinini kuko wanyuze mu nzira zitoroshye zirimo inkiko n’Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza.
Mu Kiganiro Tubijye Imuzi, turagaruka kuri iyi gahunda mu buryo bwimbitse, tunasubize ibibazo byinshi biri kwibazwa, birimo uburyo abimukira bazoherezwa mu Rwanda bazatoranywa n’ibindi bitandukanye.
Reba ikiganiro Tubijye Imuzi umenye byinshi kuri iyi gahunda



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!